vendredi 18 février 2011
indirimbo nkundaaaaa
2° ati kumana ntanibyago ntamarira ntakuboroga ntarupfu kandi ntagahinda none naje kwiye kujayo
3° yumvis'ubutumwa bwimana ariko nimurako kanya maze yishimir'umuremyi aherako aramwizera
4° yumvise ko hariy'amazu mwijuru hatager'ibyago inzu yubatswe nu muremyi inkike zaho nagakiza
5° maze yibukayamagambo amwe yumvise ku misioni atekereza nibyicaro byo muri paradizo yera
6° ntiyabaya gihumurizwa kandi ntiyagizagahinda atekerez'ibyiza byaho anezererw'i byomwijuru
7° aherako araririmba ati byicaro byaho byiza kandi ni shusho yaho nziza irasa niya marayika
8° muri wamurwa wizahabu aririmba kwijwiritoya yashakaga kuzaubamo maz'uwomwan'aracikana
9° aherakw'ahimbaza yesu muri wamurw'ashitse ryose ati mwmi waranyogeje mumaraso yawe yera...
yesuuuuuuu mwiza
Indunduro yikitabo cumugenzi
vendredi 29 octobre 2010
hariho umwana mw' africa
2° ati kumana ntanibyago ntamarira ntakuboroga ntarupfu kandi ntagahinda none naje kwiye kujayo
3° yumvis'ubutumwa bwimana ariko nimurako kanya maze yishimir'umuremyi aherako aramwizera
4° yumvise ko hariy'amazu mwijuru hatager'ibyago inzu yubatswe nu muremyi inkike zaho nagakiza
5° maze yibukayamagambo amwe yumvise ku misioni atekereza nibyicaro byo muri paradizo yera
6° ntiyabaya gihumurizwa kandi ntiyagizagahinda atekerez'ibyiza byaho anezererw'i byomwijuru
7° aherako araririmba ati byicaro byaho byiza kandi ni shusho yaho nziza irasa niya marayika
8° muri wamurwa wizahabu aririmba kwijwiritoya yashakaga kuzaubamo maz'uwomwan'aracikana
9° aherakw'ahimbaza yesu muri wamurw'ashitse ryose ati mwmi waranyogeje mumaraso yawe yera...
intambwe icanda(9) zo gusubira inyuma
1. N'uko biyibagiz' uko bashobora iby' Imana n'urupfu no kuzacirwah' iteka
2. N' uko bareka buhoro buhoro gukora ibibakwiriye murwihisho, nko gusenga no gusoma igitabo cy' Imana bari bonyine, nko kudategekwa niby' imitima yabo yifuza, nko kuba maso bakirinda satani, nko kubabazwa nibyaha nibindi kibyo.
3. N'uko bihunz' abakristo bakijijwe byukuri
4. N'uko bacogora ntibakunde gukora ibibakwiriye imbere yabantu, nko kunva ijambo ry'Imana, nko kurisoma bafatikanije nabandi, nko kuganir' Ibyamana, nibindi kibyo.
5. N'uko batangira kugenzura bamwe mububaha Imana ngo babone ico babagaya.
6. N'uko bakunda batangira kubana nabantu bakund' iby' iyi si ninzoga nubusambanyi n'ibindi byaha
7. N'uko baganira ibyiyi si nibiteye isoni rwihishwa, Kandi iyo babony' abitwa ko bubah' Imana babikora, barabyishimira, nkuko bibamara isoni zo kubikora cane
8. N'uko batangira gukinisha ibyaha bito kumugaragaro
9. Bamaze kwinangira, biyerekana uko Bari. Nuko bitsurira mu ruzi ruzabatembana, rubageze mugahinda no mumakuba; Imana n'itabibuza kubw' imbabazi zayo, bazarimbuzw' iteka ryose n'uko kwishuka kwabo.
Bene data nizo ntambwe 9 zo gusubira inyuma Reba aho uhagaze niba utaravuye mugakiza.
